Amategeko y’umuhanda app mu bibazo ndetse n'ibisubizo byose birenga 330, Ikizamini cyo kwimenyereza perimi provisoire mu gutwara ibinyabiziga byose, Gutsinda Ibizamini bya provisoire ni nko guhumbya, Kwimenyereza Gukora ni ubuntu, Provisoire ni rimwe gusa, wakorera mu Busanza cyangwa se ahandi hose ushatse muho Polisi yahisemo, Perimi ni ako kanya icyo usabwa ni ukumenya amategeko y'umuhanda app.
#########
DISCLAIMER:
We are not a government agency, nor do we have any special relationship with the Government of Rwanda, the questions we provide are taken from the following traffic law magazines:
##
1) PRESIDENTIAL DECREE NO 85/01 OF 02/09/2002 REGULATING GENERAL TRAFFIC POLICE AND ROAD TRAFFIC
[View English version from page 78]
https://police.gov.rw/uploads/tx_download/Iteka_rya_Perezida_no_85_01_ryo_ku_wa_02_09_2002_rishyiraho_amabwiriza_rusange_agenga_imihanda_n_uburyo_bwo_kuyigendamo.pdf
2) PRESIDENTIAL ORDER N° 25/01 OF 25/02/2015 MODIFYING AND COMPLEMENTING PRESIDENTIAL DECREE N°85/01 OF 02/09/2002 REGULATING GENERAL TRAFFIC POLICE AND ROAD TRAFFIC AS MODIFIED AND COMPLEMENTED TO DATE
[View English version on every page, after Kinyarwanda version]
https://police.gov.rw/uploads/tx_download/Traffic_Law_2015_02.pdf
##
We also do not reproduce the article in its entirety, but rather convert it into a quiz format to make it easier for the learner.
The test conducted on the App is for assessment and practice purposes, we do not issue a permit or any other license recognized by the Government of Rwanda.
#############
#############
IBYO TWAMAGANYE (Disclaimer):
Ntago turi ikigo cya Leta, cyangwa ngo tube dufite imikoranire y'ihariye na Leta y'u Rwanda, ibibazo dutanga tubikura mumagazeti y'amategeko y'umuhanda akurikira:
##
1) ITEKA RYA PEREZIDA N° 85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N'UBURYO BWO KUYIGENDAMO.
https://police.gov.rw/uploads/tx_download/Iteka_rya_Perezida_no_85_01_ryo_ku_wa_02_09_2002_rishyiraho_amabwiriza_rusange_agenga_imihanda_n_uburyo_bwo_kuyigendamo.pdf
[EN version starts at page 78]
2) ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU.
https://police.gov.rw/uploads/tx_download/Traffic_Law_2015_02.pdf
[EN version at every page]
##
Ntago kandi duterura inyandiko yo mu igazeti uko yakabaye, ahubwo tuyihindura muburyo bw'imibarize kugirango byorohereze uwiga.
Ikizamini gikorerwa kuri App ni ugusuzuma no kwimenyereza, ntago tuhatangira Perimi cyangwa ngo tuhatangire urundi ruhushya rwemewe na Leta y'u Rwanda.
############
Abakoresheje app ya Twaraneza bose ubu bafite akazi keza kabinjiriza amafaranga, bashobora kuba bahembwa neza kubera permit bafite cyangwa batwara imodoka na moto zabo bwite kubera bamenye Twaraneza kera bakanamenya amategeko y'umuhanda app.
Ibibazo n'ibisubizo bya provisoire ntahandi wakwirirwa ubariza hatari muri Twaraneza, urebye iwacu ni muri Kora Rimwe, ugahita umenta neza amategeko y'umuhanda kuri app.
ITANDUKANIRO KURI APP YA TWARANEZA:
1. Ntukenera internet (Ikora offline).
2. Iguha ibibazo n'ibisubizo.
3. Ikwereka mu igazeti aho ikibazo wabajijwe giherereye.
4. Ihindagura uko ibibazo bikurikirana (Birinda umuntu gukopera)
5. Ukoresha iminota itarenga 20 yashira utarangije bikiyohereza.
6. Itanga raporo y'amanota wabonye ikanaguha ubusobanuro kubyagombaga kuba ibisubizo bya buri kibazo wishye.
7. Ibika amanota wabonye kuri buri kizamini, maze ukaba wakomeza ugakora ibizamini utakoze cyangwa ugasubiramo ibyo wakoze.
8. Niyo app yonyine mu Rwanda yorohereza abo ibintu byananiye bakajya kuri website yagenewe gufashwa cyangwa bagahamara bagafashwa nta kiguzi.
Tubifurije kubona uruhushya rw'agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga no kumenya amategeko y'umuhanda kuri app.
MURAKOZE